Ibyanditswe byera byose byahumetswe n’Imana…kugira ngo umuntu w’Imana abe ashyitse, afite ibimukwiriye byose ngo akore imirimo…
Author: Rev. Sereine
IJAMBO RIKIZA | NZERI 16: WIZERE UDASHIDIKANYA
‘Kwizera ni ukumenya rwose ibyiringirwa udashidikanya ko bitazaba, kandi ni ko kuduhamiriza ibyo tutareba ko ari…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 15: KURAMYA IMANA BITANGA IZINDI MBARAGA
‘Ahubwo abonye isezerano ry’Imana ntiyashidikanishwa no kutizera, ahubwo akomezwa cyane no kwizera ahimbaza Imana.’ -Abaroma 4:20…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 14: HANGA AMASO KU BYIZA
Boneza amaso imbere yawe, Ugumye uhatumbire. -Imigani 4:25 Ni ibiki uhanzeho amaso uyu munsi? Si mu…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 13: HUMURA; IMIBABARO NTIZAHORAHO
Kuko kubabazwa kwacu kw’igihwayihwayi kw’akanya ka none kwiyongeranya, kuturemera ubwiza bw’iteka ryose bukomeye.- 2 Abakorinto 4:17…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 12: KIRANUKA WAKIRE IBYIZA
Kuko Uwiteka Imana ari izuba n’ingabo ikingira, Uwiteka azatanga ubuntu n’icyubahiro, Ntazagira ikintu cyiza yima abagenda…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 11: WIBONEZE MU MUTIMA
Ni nde uzazamuka umusozi w’Uwiteka? Ni nde uzahagarara ahera he? Ni ufite amaboko atanduye n’umutima uboneye,…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 10: IMANA IGUKENEYE MU ZINDI NSHINGANO
“None umpe umusozi Uwiteka yavuze urya munsi. …” -Yosuwa 14:12 Muri Bibiliya, Caleb yarafashije muri gahunda…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 09: IMANA IRASOHOZA
Kandi nubwo abonye umubiri we umaze gusa n’upfuye kuko yari amaze imyaka nk’ijana avutse, akabona na…
IJAMBO RIKIZA | NZERI 8: IMANA NTIBESHYA
Iyicara kuri ya ntebe iravuga iti “Dore byose ndabihindura bishya.” Kandi iti “Andika kuko ayo magambo…